Impfu zaterwaga n’imirire mibi zaragabanutse zisimburwa n’iziterwa...
Ibi ni ibyavuye mu bushakashatsi buherutse gusohoka, The Global Burden of Diseases, bwakozwe n’abashakashatsi bagera kuri 500 mu bihugu 50 ku migabane yose y’isi. Nk’uko ibigaragaza, mu myaka y’i 1990,...
View ArticleIbimenyetso bikubwira ko ushobora kuba utwite - Iyi nkuru ni iyo twohererejwe...
Iyo umugore atwite agira ibimenyetso bigaragaza ko atwite ariko buri nda igira uko ifata umugore kandi ibimenyetso by’uko umugore atwite biba bitandukanye kuko n’abagore batandukanye. Hari ibimenyetso...
View ArticleAbapasitori 10 bakize kurusha abandi ku isi - Kuri ubu kuvuga ubutumwa bwiza...
Dore urutonde rw’Abakozi b’Imana 10 b’abaherwe kurusha abandi ku isi bibitseho agafaranga gatubutse Muri uko kugira abatambyi b’abakire cyane, Africa nayo ntiyahejwe kuri iryo banga, akaba ari muri...
View ArticleInguzanyo muri Finabank
Finabank ni imwe mu mabanki afite ubunararibonye mu gukorana n’ibihugu by’ibiyaga bigari. Iri mu zorohereza abakiriya kubona inguzanyo. I. Ubwoko bw’inguzanyo 1. Inguzanyo ku mushahara 2. Kugurirwa...
View ArticleNyuma yo kubabazwa n’imvune z’abakerarugendo, yakoze ivalisi yitwara !
Uyu ni Rodrigo Garcia Gonzalez w’imyaka 28 y’amavuko, akaba yiga muri Polytechnic University of Madrid mu gihugu cya Espanye. Nk’uko yabitangarije ikinyamakuru Le Figaro aricyo dukesha iyi nkuru,...
View ArticleNtukibagirwe aho wavuye !
Iki n’ikintu gikunze kuba ku bantu aho usanga abantu biyibagiza ubuzima banyuzemo nyuma yo kugera ku ntambwe runaka. Umuntu ashobora gutangira urugendo rw’ubuzima bukamugora cyane maze akiyambaza...
View ArticleInguzanyo muri Finabank (ibikurikira)
Usibye inguzanyo ihabwa umuntu ushaka kwagura ubucuruzi bwe, muri Fina Bank hashobora kuboneka: inguzanyo yo kugurirwa imodoka cyangwa imashini aribyo byitwa leasing n’inguzanyo ihabwa abakozi bahembwa...
View ArticleCustomer care itangirana na staff care ! - Umukozi niwe zingiro-shingiro...
Customer care itangirana na staff care Iyo umuntu afashe umwanzuro wo gushora amafaranga mu bucuruzi, si imikino aba agiyemo. Birumvikana ko umutungo ndetse n’ighe bye aba agiye kubitanga kugirango...
View Article“Ubukungu bw’u Rwanda bukomeje kuzamuka neza” Amb. Gatete Claver
Miliyari 1 627 niyo mafaranga ateganyijwe mu mbanzirizamushinga y’ingengo y’imari y’igihe gicirirtse u Rwanda ruzakoresha mu mwaka wa 2013/2014. Ugereranije n’ingengo y’imari ivuguruye iheruka ya...
View ArticleAbakinnyi binjiza amafaranga kurusha abandi ku isi - Nk'uko tubikesha urubuga...
Abenshi mu bakinnyi binjiza akayabo ni abo muri USA Iki kinyamakuru gikora uru rutonde buri mwaka, kikaba kibigeraho nyuma yo gukora iperereza ryimbitse haba mu makipe, ku bayobozi bayo, abamanager...
View Article
More Pages to Explore .....